in , , , ,

Ihangana rikomeye hagati ya bakinnyi babiri bakomeye bo k’umugabane w’iburayi 

 

Abakinnyi babiri bakinira ubwongereza kandi bakina muri premier league bakomeje guhangana muduhigo nkuko bigararagara mu ifoto ikurikira.

Umwe yitwa Bukayo Saka akaba akinira ikipe ya Arsenal, undi ni Rashiford akaba akinira Manchester united. 

Ndetse aba bakinnyi bakaba basimbura mu ikipe yigihugu. 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Imbwa zacunze umuriro ugiye zihererana sebuja wazo ziramwivugana

Uku ni ugushinyagura; Zari yanenzwe bikomeye cyane nyuma yo kujyana umukunzi we ku gituro cy’uwahoze ari umugabo we