in ,

YEGOKOYEGOKO

Igitangaza Cy’Imana: Umugabo N’umugore B’abirabura Babyaye Umwana W’umuzungu (Photo)

Umugore n’umugabo bo muri Nigeria batunguwe ubwo bibarukaga umwana ufite amaso y’ubururu ndetse n’imisatsi nk’iy’abazungu.

Angela na Ben Ihegboro naba Nigeria batuye mu mujyi wa London mu bwongereza. Muri 2010, babyaye umwana wabo wa 3 w’umukobwa ariko igihe bamubonaga bwa mbere, amagambo yashize ivuga kubera ukuntu yasaga.

Uyu mwana bise Nmachi, bakuru be ni abirabura nk’ababyeyi babo ariko uyu mwana we akaba yaravutse afite umusatsi muremure ndeste namaso y’ubururu nkay’abazungu.

Mugihe ababyeyi bitaga Nmachi umwana w’igitangaza, abaganga batangiye kureba impamvu ishobora gutuma ibintu nkibi bibaho.

Nubwo uyu mwana yavutse asa nk’umuzungu, ababyeyi be babifata nkigitangaza cyimana.

Bibarutse umuzungu

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sobanukirwa: Impamvu 7 z’ingenzi zitera umubyibuho udasanzwe

Ibihano bikarishye bishobora guhabwa ya couple yo mu Rwanda yasambaniye muri Piscine.