in

Igitabo cyiswe ‘Kunyaza’ cyanditswe na Dr Nsekuye Bizimana, gikomeje kuvugisha abatari bake aha hanze

Igitabo cyiswe ‘Kunyaza’ gikomeje kuvugisha benshi muri Uganda, aho Umunyamabanga muri Minisiteri y’Ubutabera muri iki gihugu, Pius Bigirimana yasabye ko kigezwa mu miryango itandukanye mu rwego rwo kwirinda ko isenyuka.

Iki gitabo cyanditswe n’Umunyarwanda ufite ubwenegihugu bw’u Budage, Dr Nsekuye Bizimana usanzwe akora ubushakashatsi butandukanye ku bijyanye n’ubuhanga bw’Abanyafurika mu by’imibonano mpuzabitsina.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Haruna Niyonzima yahaye ubutumwa ikipe ya Rayon Sports igiye gukinira mu gihugu ari gukinamo ababwira n’amayeri bagomba gukoresha bakanyagira Al Hilal Benghazi idakomeye

Imana yabasimbukije urupfu! Ibyamamare byo mu Rwanda byahawe uburozi Imana ikinga akaboko