in

Igikorwa wakoze nta bugabo burimo pee! Umwana Bruce Melody yabyaranye n’umukobwa wahoze ari umukozi wo mu rugo muri 2015 nyuma akaza kumwihakana akomeje kuvugisha benshi

Igikorwa wakoze nta bugabo burimo pee! Umwana Bruce Melody yabyaranye n’umukobwa wahoze ari umukozi wo mu rugo muri 2015 nyuma akaza kumwihakana akomeje kuvugisha benshi.

Ubu kumbuga nkoranya mbaga ntakindi kiri kuvugwa uretse inkuru ya Bruce Melody n’umwana bivugwa ko ari imfura ye.

Mu myaka ishize hacaracaye inkuru yavugaga ko umuhanzi Bruce Melody yabyaye umwana gusa uwo mwana ntamwemere.

Nyuma y’igihe kinini uwo mwana yongeye kuvugisha abantu ku mbuga nkoranya mbaga, cyane ko ubu amaze no gukura ari mu kigero k’imyaka 8.

Biravugwa ko uyu mwana yakuze ariko ashobora kuba abayeho mu buzima butoroshye, ndetse ngo afite inzozi zo kuzaba umuhanzi ukomeye nka Se.

Abantu benshi bakomeje kwibaza niba koko byaba aribyo, Bruce Melody yaba yaranze umwana cyangwa ari bimwe byaje byo kubeshyera abasitari.

Gusa abantu benshi ntibabyiyumvisha uburyo uyu mugabo yaba yaranze umwana w’imfura ye.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“We se iyo agiye muri rokare aranjyana” Muyango Cloudine ntakozwa ibyo kujyana umugabo we Kimenyi Yves aho aba yakoreye ibiro byo kunezeza abakire bafite ayabo baba bakeneye abari bateye neza nka Muyango

Nyarugenge: Abacuruzi b’utubari n’abakunzi b’agatama ntibari biyumvisha ukuntu bazajya bafunga kandi icupa ryari rigeze aho riryoshye