in ,

Igikorwa Cristiano Ronaldo yiyemeje gukora cyizakiza ubuzima bwa benshi cyakoze ku mitima ya benshi cyirashimwa cyane

Cristiano Ronaldo umenyerewe mu bikorwa by’urukundo mu gufasha abarwayi,aho yanabihembewe nk’umukinnyi wagaragaje urukundo rwinshi mu mwaka wa 2015,kuri ubu yongeye gukoresha izina rye yamamaza igikorwa gikomeye cyane cyo gutanga amaraso ndetse n’uturemangingo tw’amaraso tuzwi kw’izina rya “Plasma”.

Ifoto Cristiano Ronaldo yashyize kuri Instagram

Abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram,yashyizeho ifoto ari gutanga utwo turemangingo nuko ashishikariza n’abandi gukora gutyo ngo abadukeneye baterwe inkunga.Yanditse mu magambo agira ati “Ndabizi ukuntu izi plasma zatabara benshi bazikeneye zigakiza n’ubuzima bwa benshi cyane….Sangiza abandi ifoto uri gutanga plasma nabo bibatere kugukora batyo.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore wa Kwizera Pierrot yongeye guha gasopo abashaka kumumutwara

Ubukene buri kuvugwa mu ikipe ya Fc Barcelona bugiye gutuma izina rya Stade rihinduka