in

Igikombe cy’Isi cy’abakanyujijeho, ntabwo kikibereye mu Rwanda

Igikombe cy’Isi cy’Abakanyujijeho mu mupira w’amaguru cyagombaga kubera mu Rwanda muri Nzeri 2024, ntikikibaye nyuma y’iseswa ry’amasezerano Guverinoma y’u Rwanda yari yaragiranye na Easy Group EXP yari ishinzwe kugitegura.

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje, kuri uyu wa Gatatu, ko amasezerano yahagaritswe nyuma yo kugenzurana ubushishozi ibyo impande zombi zari zaremeranyije.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Minisiteri ya Siporo yagize icyo itangaza ku bijyanye no guhindura izina ry’ikipe y’igihugu rikava ku ‘Amavubi’ ikitwa ‘Intare’

Umubyeyi wafashwe n’ibise yagiye kwamamaza umukuru w’igihugu, yasuwe n’abanyamuryango ba FPR Inkotanyi umwana yibarutse bamwita Kagame – AMAFOTO