in

Igihugu cyo muri Africa nicyo gifite agahigo ko kugira stade nyinshi nini kandi nziza kurenza ibihugu byose by’iburayi – Amafoto

Nta gihugu cyo ku mugabane w’Uburayi gifite stade nyinshi nini kurusha Afrika y’Epfo.

Afrika y’Epfo ifite stade 16 zakira abantu barenze ibihumbi 40,ibihugu nka Esipanye,u Bufaransa,u Burusiya n’u Bwongereza bifite byibura stade 12 zirengeje imyanya ibihumbi 40.

Amafoto.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyabugogo – Gatsata habereye impanuka ikomeye aho imodoka ya rukururana yiyubitse

RIP Nana: Umukobwa yapfuye akimara gukora ubukwe