in

Igihe Lionel Messi azerekanwa mu ikipe ya Inter Miami cyamenyekanye

Lionel Andres Messi umunya-Argentina uherutse kwerekeza mu ikipe ya Inter Miami ikina shampiyona y’ikiciro cya mbere muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika byatangajwe ko azerekanwa ku mugaragaro ku itariki 16 Nyakanga uyu mwaka nk’umukinnyi mushya wa Inter Miami.
Lionel Messi waherukaga gutangazwa nk’umukinnyi mushya wa Inter Miami muri USA nyuma yo gutandukana na Paris Saint-Germain yari amazemo imyaka ibiri.
Lionel Messi ku itariki 16 Nyakanga azerekanwa arikumwe na Sergio Busquets nawe uheruka kwerekeza muri iyo kipe.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Shampiyona y’u Rwanda igiye kwerekenwa na Television mpuzamahanga nyuma yaho RBA yarushyaga abakunzi b’umupira w’amaguru kandi itishyura amafaranga menshi

Ntibatinya kubikorera mu ruhame! Hari bamwe mu bagabo b’i Musanze babangamiwe n’ingeso itari nziza abagore baho badukanye