in

Igihe kinini muri gym, ariko ubwenge bwawe nabwo bukeneye siporo, indirimbo ya Shakira yandagaza uwahoze ari umugabo we Piqué iri guca ibintu aha hanze

Indirimbo y’umuhanzi Shakira ivuga ko uwahoze ari umugabo we Gerard Piqué yamucaga inyuma, amashusho yayo yarebwe inshuro zirenga miliyoni 63 mu munsi 1, bituma iba iya mbere yo muri Amerika y’Epfo irebwe cyane mu gihe gito nk’icyo.

Muri iyi ndirimbo nshya Shakira yakoranye na DJ Bizarrap wo muri Argentine, Shakira aririmba iby’uko Piqué ubu ari kumwe n’umukobwa w’imyaka 23.

Agereranya uko gukundana kwabo nko guhindura imodoka ya Ferrari ugafata Twingo cyangwa kuva ku isaha ya Rolex ukajya ku ya Casio.

Shakira kandi anenga uburyo Piqué akoramo siporo aririmba ati: “igihe kinini muri gym, ariko ubwenge bwawe nabwo bukeneye siporo”.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyishimo ni byose mu rugo rw’umuhanzi John Legend

Biteye agahinda; Umwana w’imyaka 3 yasanzwe mu mashini imesa yapfuye