in

Ifoto y’Icyumweru: Wa mwana urusha ubusesenguzi Rugaju Reagan agakunda rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi Mugisha Gilbert yageze i Kigali agirana ibihe bidasanzwe n’abantu yumvaga kuri radio -IFOTO

Ifoto y’Icyumweru: Wa mwana urusha ubusesenguzi Reagan Rugaju agakunda rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi Mugisha Gilbert yageze i Kigali agirana ibihe bidasanzwe n’abantu yumvaga kuri radio.

Umwana w’imyaka 8 y’amavuko witwa Manishimwe Gilbert ukomoka mu Karere ka Nyaruguro yagejejwe i Kigali n’umunyamakuru Rugaju Reagan ari kumwe n’umubyeyi we maze amwinjiza bwa mbere muri Sitade ya Kigali Pele Stadium ahaberaga umukino wahuzaga APR FC na Gaadiidka FC.

Uyu mwana ukunda ikipe ya APR FC cyane ndetse na rutahizamu wayo Mugisha Gilbert agakunda umunyamakuru Reagan Rugaju ku rwego rwo hejuru yageze i Kigali yifotozanya na Gilbert ndetse Rugaju n’ibindi byamamare bitandukanye nyuma y’umukino.

Ifoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya APR FC yirwanyeho itsinda mu buryo bwemeje buri wese

Iyo atabikora ntabwo APR yari gutsinda: Umuyobozi mukuru wa APR FC yakoze ibintu bidasanzwe byatumye APR itsinda gusa ubwo yabikoraga yatahuwe n’umunyamakuru wa RBA maze nawe ahita abishyira kukarubanda none bikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga -AMAFOTO