Ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye ugenda usura byakugora kuburaho ifoto ya myugariro wa Rayon Sports, Rwatubyaye Abdul ari kumwe na Mugenzi we wa As Kigali, Niyonzima Olivier Sefu bicaye ku gatebe k’abasimbura.
Ni ifoto yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye nyuma y’uko ifatiwe muri Tanzania aho Amavubi yari yagiye gukina na Ethiopia mu ijonjora rya nyuma ryo gushaka itike ya #CHAN2023
