in

“Burya ngo yashatse kuroga Mbappe “Paul Pogba arashinjwa n’umuvandimwe we gushaka kuroga Bamwe mu bakinnyi bakomeye ku isi

Mathias Pogba w’imyaka 32 yaciye ku mbuga nkoranyambaga ze maze avuga ko agiye gushyira hanze ibyahishwe kuri  Pogba hamwe n’abaterankunga be “bakwiriye kumenya ibintu bimwe na bimwe” – ndetse avugamo izina rya Kylian Mbappe.

Nyuma y’uko Pogba atangaje ko mukuru we yari mu gatsiko k’abantu bashatse ku mwambura ubwo yari iwe i paris.

Bikomeje kubyara umwuka mubi hagati ya Mathias Pogba ushinja murumuna we amarozi,ndetse na Paul Pogba agashinja ubujuru n’ubwambuzi mukuru we Mathias.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ifoto yaranze icyumweru: Rwatubyaye Abdul ari kumwe na Niyonzima Olivier Sefu bicaye ku gatebe k’abasimbura bumiwe

Ku itariki nk’iyi nibwo Rayon Sports yanditse amateka mukeba ahora aririmba (Amafoto)