in

IFOTO: UmunyaRwandakazi Nkunda Atete Nahalie bivugwako ari mu munyenga w’urukundo n’icyamamare Chriss Brown

Nkunda Atete Nathalie utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika uzwi mu myidagaduro nyarwanda nk’umwe mu bakobwa bagira urwenya rutangaje, yaciye amarenga yo kuba mu munyenga w’urukundo na Chris Brown.

Bitabaye rwa rwenya amenyereweho, Atete Nathalie nta kabuza abanyarwanda bakwitega amashyo y’ibwotamasimbi nk’inkwano y’umuhanga mu muziki, Chris Brown.

Ibi byazamuwe n’amafoto Atete yasangije abamukurikira harimo iyo ari mu biganza byifuzwa n’inkumi nyinshi n’igituza cya rudasumbwa Chris Brown.

Nyuma yo kuyishyira hanze, ibihumbi by’abafana bamukurikira bagaragaje gutungurwa ari na ko bamwifuriza ibyiza. Uwitwa Juan Paullo we yagaragaje ko atabyiyumvisha ko ari kumwe na Chris Brown.

Paullo ati:”Oya se uyu ni Chris Brown Atete.” Undi na we amusubiza atazuyaje ati: ”Yego ni umukunzi wanjye.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu w’igihangange mu Ikipe y’Igihugu ya Congo arifuza gukinana n’inshuti ye Heritier Luvumbu muri Rayon Sports

Amashusho y’umugabo wakoreye ibiteye isoni mu nama y’abayobozi kuri internet