in

Idris Elba uherutse mu Rwanda afite ubwoba bwo kwicwa

Umukinnyi wa filime w’Umwongereza,Idris Elba w’imyaka 51 yavuze ku ndwara imuhangayikishije yo kunanirwa kugenzura akazi ke ka buri munsi.

Uyu mugabo yatangaje ko arwaye indwara yo kunanirwa kungenzura akazi ke”unhealthly habits” agakora amasaha y’ikirenga ndetse gukora cyane bikaba bigeze aho bimwangiriza n’imitekerereze ye.

Ubwo yatangazaga impamvu yasaga n’uwabuze, yavuze ko yari ari kwitabwaho n’abaganga.Yakomeje avuze ko akunda gukora ku buryo kugenzura imikorere ye bimunanira ahubwo umunaniro ukabije ukamutera kurwara n’izindi ngingo zirimo nk’umutwe.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu gihe abandi bahanzi iyo bageze ku rubyiniriro batanga ibyo bafite bakabiha abafana, Bruce Melodie yataye akantu yari yambaye yanga gukomeza kuririmba mpaka abafana bakamusubije

Nagukubita gatapure nkakunogonora! Umugore wakubise inshyi umugabo wamwibye telefone akarenzaho amagambo anamwereka ko aciriritse akomeje gusetsa benshi [Amashusho]