in

“Icyumweru kimwe tumaranye uri kunyaka amafaranga? Wowe se ko wambonye ugashaka kunjya hejuru” Amajwi y’umukobwa washatse gukura umusore ariko akamubera ibamba yasetsa n’uvuye guta nyina(umva amajwi) https://wp.me/p7ovfz-YmC

“Icyumweru kimwe tumanyanye uri kunyaka amafaranga? Wowe se ko wambonye ugashaka kunjya hejuru” Amajwi y’umukobwa washatse gukura umusore ariko akamubera ibamba yasetsa n’uvuye guta nyina(amajwi)

Hari abakobwa benshi bo muri Kigali batagira akazi gusa bizeye ko bazabaho kandi bakabaho neza batunzwe na bamwe mu basore birirwa babatereta bashaka guhaza irari ryabo.

Umukobwa wari umaze icyumweru kimwe amenyanye n’umuhungu yashatse ku mwaka amafaranga(ku mukura) yo kujya muri saloon gukoresha inzara gusa umusore amubera ibamba kuko nta gihe cyari giciyeho bamenyanye.

Nyuma umukobwa abonye ko umusore yakaniye yamwibukije ko na we yashatse ko baryamana akimubona.

Umva amajwi…

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Irongeye irazigaritse: Fou De Toi yongeye kuyoboza izindi ndirimbo inkoni y’icyuma

Umuherwe Elon Musk wa Twitter akibona ukuntu urubuga rushya rwa Threads rutangiye kumutwara abafana yiyemeje kururimbura mu bwenge