in

Icyo yabasigiye n’ivumbi: Abanyamakuru bari bagiye kwakira Turahirwa Moses kuri gereza ya Mageragere yaberetse munsi y’igihandure basigara bimyiza imoso

Icyo yabasigiye n’ivumbi: Abanyamakuru bari bagiye kwakira Turahirwa Moses kuri gereza ya Mageragere yaberetse munsi y’igihandure basigara bimyiza imoso

Ku munsi wejo wo kuwa kane tariki 15 Kamena 2023 ni bwo urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwemeje ko Turahirwa Moses washinze inzu ya Moshions asohoka muri gereza agakurikiranwa n’urukiko ari hanze kuko byagaragaye ko atabangamira iperereza.

Gusa ubwo yasohokaga muri Gereza nkuru ya Nyarugenge iherereye i Mageragere ntago yigeze ashaka kuvugisha itangazamakuru nk’uko bimenyerewe ko hari bamwe bemera kubanza kugisha itangazamakuru mbere yo kugenda.

Gusa Turahirwa Moses we yahise yihutanwa n’abari baje ku mutora mu buryo bwo kumuhungisha itangazamakuru byagaragaye ko atari yiteguye kugira icyo avuga.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubwiza umuhabzikazi Bwiza yagaragaje bwashimangiye ko kuberwa atari ukwambara impenure bimwe byateye(AMAFOTO)

Murera ifite gahunda pe! Rayon Sports yamanuye rutahizamu uca inshundura usimbura Leandre Onana wayivuyemo