in

“Icyo bita gutwika ibyaha”: Rocky Kimomo yahisemo kwifotoza ari kunywa itabi ku munsi usobonuye byinshi mu buzima bwe -AMAFOTO

“Icyo bita gutwika ibyaha”: Rocky Kimomo yahisemo kwifotoza ari kunywa itabi ku munsi usobonuye byinshi mu buzima bwe.

Umusobanuzi wa filime ukunzwe cyane hano mu Rwanda Rocky Kimomo yagaragaye ari kunywa itabi ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko aho yashimiye Imana ikomeje kumwongerera iminsi yo kubaho gusa akimara gushyira aya mafoto kuri Instagram ye abantu batandukanye batangiye kumwereka urukundo rutavangiye bamwifuriza isabukuru nziza y’amavuko.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

U Rwanda rwakubitiwe ku murongo wanyuma wo kugera ku gikombe nyuma yo kwiharira imbuga nkoranyambaga kubera ubwiza bwabo

Bisa nk’ibyarangiye: Hasohotse inkuru itari nziza ishobora gutuma abakunzi b’ikipe ya APR FC biyunga n’ubuyobozi bwabo ndetse n’abakinnyi kubera amakuru atari meza ari kuvugwa ku ikipe ya Gaadiidka FC