in

Icyemezo cy’Urukiko ku ndishyi Titi Brown yatse nyuma yo kumara imyaka 2 muri gereza none akaba agizwe umwere

Ishimwe Thierry wamenyekanye nka Titi Brown agiye guhita ava muri gereza nyuma yo kugirwa umwere ku cyaha yari amaze imyaka ibiri akurikiranyweho

Urukiko kandi Rwemeje ko indishyi zidatangwa muri uru rubanza nyuma yo gusanga nta shingiro izo ndishyi zifite.

Uyu mwanzuro wari gusomwa saa Saba z’amanywa ariko wasomwe mbere y’isaha bitewe nuko umucamanza yarwaye yagiye kwivuza

Titi Brown yari amaze imyaka 2 afungiye muri gereza ya Nyarugenge izwi nka Mageragere. Umwanzuro wasomwe kuri uyu wa Gatanu tariki 10 Ugushyingo 2023 Saa Yine n’igice za mu gitondo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ntacyibihisha: Umunyamakuru Marcel Rutagarama wa RBA yaje mu kazi yambaye umwenda wa Rayon Sports ndetse anavuga ukuntu bari kuryana muri uyu mwaka [videwo]

Umuntu wa mbere ku isi yashyizwemo ijisho ry’undi muntu rirakora