in

Icyaha ni gatozi ! Michel Jackson watabarutse mu myaka 13 ishize yajyanwe mu nkiko

Michel Jackson watabarutse mu myaka 13 yajyanwe mu nkiko.

Nyuma yi gihe kitari gito iki kirangirire mu muziki ku isi hose kitabye Imana, abantu bongeye ku mujyana mu nkiko bamushinja icyaha k’ihohotera.

Uyu Michael Jackson araregwa ibyaha byo gusambanya abana babahungu, ndetse umutanga buhamya avuga ko yamusambanyije imyaka igera kuri irindwi yose. Ndetse uyu mutanga buhamya ni umwe mu bahoze ari umubyinnyi we.

Urukiko rwavuze ko rwenda gutangaza igihe uru rubanza ruzasomerwa, nkwibutse ko uyu mugabo amaze imyaka isatira 14 yitabye Imana.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibiro byavuzaga ubuhuha! Bwa mbere ikipe ya APR WVC yatsinzwe na Police WVC – AMAFOTO

Ubiba ibitotsi ugasarura ingonera!, none se iyo ubibye byeri usarura iki? Igisubizo