in

“Ibyo yavuze nibyo ijana ku ijana uyu mupira ni umwanda”! KNC batangiye kumugarukira -Amafoto

Mu mukino waranzwe n’imvururu mu minota ya nyuma, Police FC yegukanye igikombe cy’Intwari itsinze APR FC ibitego 2-1.

APR FC ni yo yari yahuye na Police FC ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Intwari cya 2024, akaba ari umukino ukunda korohera APR FC cyane.

Gusa kubera icyemezo cyafashwe n’umusifuzi wo kuruhande ari naho izo mvururu zabereye kuri sitade zahereye byaje gituma abantu benshi batangira kugaruka ku ijambo KNC aherutse kuvuga ko umupira wo mu Rwanda ari umwanda.

Abo Bose babize ubwo umunyamakuru Rugangura Axel yashyiraga ifoto ya KNC ku rukuta rwe rwa Instagram anarenzaho amagambo agira ati:”Gira ubutumwa uha Perezida wa Gasogi United nyuma y’iyi match”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hotel ikomeye cyane mu mujyi wa Kigali yafashwe n’inkongi y’umuriro -Amafoto

Lionel Messi n’ingabo ayoboye za Inter Miami banyagiwe imvura y’amahindu