in

Hotel ikomeye cyane mu mujyi wa Kigali yafashwe n’inkongi y’umuriro -Amafoto

Mu mujyi wa Kigali mu karere ka Nyarugenge habaye impanuka iteye ubwoba yinkongi y’umuriro yibasiye hotel iri mu zikomeye cyane.

Hari mu masaha ya daa tatu z’ijoro ryo kuri uyu wa kane, Imwe mu nzu za Hotel ya Saint Famille yafashwe n’inkongi y’umuriro.

Iyo nkongi yatatse ahari haparitse amagare arenga 50 yose yararimo arashya arakongoka.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya APR FC ikubitiwe ku itara Police FC yitabaza abapolise uruhuri

“Ibyo yavuze nibyo ijana ku ijana uyu mupira ni umwanda”! KNC batangiye kumugarukira -Amafoto