in

“Ibyo ubukwe nabivuyemo” Rwatubyaye Abdul yateye ikirenge mu cy’abasore b’ikigali

Myugariro ukomeye wa Rayon Sports yavuze ko yavuye mu rukundo na Hamida bavuzwe mu rukundo mu minsi yashize.

Ibi yabiyabitangaje mu kiganiro yagiranye na Isimbi Tv aho yavuze byinshi ku rukundo rwe na Hamida.

Rwatubyaye Abdul yavuze ko urukundo rwe na Hamida rwarangiye batandukanye mu gihe byari byitezwe ko bagiye gukora ubukwe.

Kuri ubu Rwatubyaye  Abdul ari mu ikipe ya Rayon Sports akaba anayibereye kapiteni nyuma yo kuyigarukamo.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rubavu: umugabo yishe Umugore we wari utwite ahita acika

Mu iroza: Prince Kid wagejejwe imbere y’urukiko yanze kuburana ahita asaba ibindi