in

Ibyo Polisi y’u Rwanda isabye abifuzaga gukomeza kwiyandikisha gukorera impushya z’agateganyo n’iza burundu zo gutwara ibinyabiziga.

Polisi y’u Rwanda yashyize ahagaragara itangazo rimenyesha abantu bose ko igikorwa cyo gukomeza kwiyandikisha ku bashaka gukorera impushya z’agateganyo n’iza burundu ko iki gikorwa kibaye gisubitswe kugirango habanze hakorwe ibizamini by’abiyandikishije mbere.Polisi y’u Rwanda yongeraho ko igihe iki gikorwa kizasubukurirwa kizamenyeka mu minsi iri imbere.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uko byagendekeye umusore w’umunyarwanda wagiye kwikopesha umugeni(Video).

Urukundo Ntirwihishira!! Umuhanzi Cyusa Ibrahim na Nyirasenge wa Miss Naomi Bari Kugirana Ibihe Byiza (Video)