in

NDASETSENDASETSE

Ibyo Ndimbati yabwiwe nyuma yo kugaragaza ko agiye kubyarana na Bijoux.

Umunyarwenya Uwihoreye Jean Bosco Mustafa uzwi nka Ndimbati yabwiwe amagambo atandukanye n’abafana be ubwo yashyiraga hanze ifoto agaragaza ko yiteguye umwana agiye kubyarana na Bijoux wo muri Bamenya.

Ni ifoto yashyize kuri Instagram bigaragara ko ari filime bitegura gukinana.Kuri iyi foto yagaragaye nk’umugabo urimo kwita ku mugore we utwite,maze yandikaho ati” twiteguye umwana wacu vuba,ariko manaaaa”

Mu batanze ibitekerezo babonye iyi foto, hari uwavuze ati” ariko iki kigabo ubu kiba kiri mu biki?”

Undi yagize ati:” Bijoux yabaye nka voka yo mu isoko ,buri wese abasha kumukozaho intoki.”

Undi yamubajije uko umugore we abibona ati” ahubwo hagiye gushya,uhubwo se buriya umugore wawe uzamukira ra?””

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Agahinda ka Jacqueline udafite amaboko wishuye abasore ngo bamutere inda.

I Kigali: Ubukwe bupfiriye mu rusengero intambara irarota