in

“Ibyo nabonyemo byankuye umutima, mungire inama” Umukobwa aragisha inama nyuma yo gusanga umusore bari kwitegura kubana amuca inyuma na mama we

Ku mbuga nkoranyambaga hari umukobwa urimo kugisha inama nyuma yo gusanga umusore bari kwitegura gukora ubukwe mu kwizi kwa Nyakanga uyu mwaka, yasanze amuca inyuma na mama we.

Yagize ati “Mwaramutse, byandenze! Umusore dukundana dufitanye ubukwe mu kwezi kwa 7, ejobundi yaranyicaje arambwira ngo arashaka kunsaba imbabazi ku makosa yose yankoreye kugirango tubane ntacyo yishinja dutangire page nshya y’ubuzima.

Icyo gihe yambwiye ko kera yanciye inyuma gusa ntiyambwira uwo mukobwa uwariwe anansaba imbabazi, byarambabaje ariko ndamubabarira. Ejobundi twagiye kwiga umubano phone ye irasona mbona ni maman ariko sinabitindaho.

Ngeze murugo umutima urambwira ngo ndebe muri phone ya maman, ibyo nabonyemo byankuye umutima, nasanze uwo yanciye inyuma nawe ari maman kandi bakivugana nk’abakundana. Nabuze uko mbyitwaramo, mungire inama.”

Ese ari wowe wamugira iyihe nama?

photo:AI

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo kwitotomba cyane kubera kudahamagarwa mu ikipe y’igihugu, hakomeje kwibazwa impamvu iri gutuma umukinnyi APR FC yagenderagaho ntakintu asigaye afasha iyi kipe mu kibuga

Haringingo Francis yizeje umukunnyi wa Rayon Sports kumusabira agahimbazamusyi karenze akabandi bakinnyi nyuma yo gukora ibitangaza akabafasha gutsinda Rwamagana City