in

Ibyo Inyogo ye akoreye Yago ntabwo azigera abyibagirwa bibaho (Ifoto)

Issa New boy wamamaye cyabe ku izina rya Inyogo ye yakoreye agashya umunyamakuru Yago ubwo yerekanaga ikirango cya Business ye yo gucoma yatangije ku mugaragaro kuri uyu munsi maze bikagaragara ko mu mazina ya business ye harimo izina Yago Tv show.

Yago abinyujije ku rukuta rwe yanditse amagambo ashimira Inyogo ye. Yago yanditse amagambo agira ati “Wowww #IssaNewBoy aka INYOGO YE YAMAZE GUTANGIRA AKAZI DORE KO UYU MUNSI YANATANZE UBUNANI UBWO YATANGIRAGA BIZINESI YE YO GUCOMA NDETSE AKABA ABAFITIYE N’ICYO KUNYWA KIMEZE NEZA/Perhaps ndishimye ko Icyo Niyemeje nkigezeho kdi Hamwe namwe tuzagera no kubindi Byiza muri uyu mwaka mushya wa 2022❤🙏Noneho Umusaza Ntamikino afite ngo (RESTAURANT YAGO TV SHO)🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣BURYA ISSA NTAMIKINO AFITE IBYO YAVUZE YABIKOZE DAH🤣🤣🤣🤣🤣🤣KUBINDI BISOBANURO MWAHAMAGARA KURI IZO NIMERO ZIRI KUCYAPA NI IZA ISSA NEW BOY AKA INYOGO YE!!!💙🙏❤SECOND SLIDE FOR ME😍”.

 

https://www.instagram.com/p/CYMdqRPKjNi/?utm_source=ig_web_copy_link

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu Rwanda: Ubugabo Butisubiye Bubyara Ububwa/Umwarimu Wari Wahagaritse Akazi Kubera Kutikingiza Yisubiyeho

Ubuzima buraryoshye ku muhanzi Emmy n’umufasha we bari mu kwezi kwa buki (video)