in

Ibyo Harmonize yatangaje ku isabukuru ye y’amavuko.

Umunyamuziki Harmonize yagize isabukuru y’amavuko uyumunsi, yujuje imyaka 33 y’amavuko yavutse 1990.

Harmonize yatangaje ko ku isabukuru ye y’amavuko yishimiye ko ari muzima atarwaye Sida Kandi aboneraho no gutangaza ko adafite umukunzi.

Nyuma yo kuva mu Rwanda, aho yari yaje gukorera yishimiye uburyo yakiriwe Kandi ko no kuba yatangaje ko adafite umukunzi ari zimwe mu mpamvu z’uko yabonye abakobwa b’abanya Rwanda bamukunze.

Igihe yari avuye mu Rwanda rero nibwo yabashije kwipima Sida, asanga ari muzima, ahita yerekana ako ga teste yakoresheje kanditseho negative.

Uyu munyabigwi rero kuba yatangaje ibi k’isabukuru ye y’amavuko ko adafite uburwayi nka Sida Kandi akaba adafite n’umukunzi, nuko akeneye umukunzi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru mashya ku mugore wa Fireman umaze igihe arembeye mu bitaro

“Sibyo bajama” Martin nyirijabo mu makuru kuri RBA yasekeje abantu (Video)