in

ibyo Beyonce atangaje nyuma y’uko agaragaye mu yindi sura biratangaje.(Amafoto)

Mu minsi yashije nibwo, uyu muhanzikazi w’imyaka 40 – wakiriye igihembo cye cya mbere cya Oscar – yigaragaje mu ibara ryijimye, iyi myenda ikaba yarakozwe n’ubufatanye bw’uruganda rwa Adidas ndetse n’uruganda rwe rwa Ivy Park ya Valentine.

Beyonce akaba yaragaye mu buryo budasanzwe nyuma yo kwifotoza yerekana ikibuno cye, ndetse akaba Yakomeje kuvugisha abantu.

Uyu muhanzi w’icyamamare muri Amerika akaba yaratsinze Grammy Awards inshuro 28 yahinduye isura ndetse n’imisatsi mu gihe yari yiteye lipstick y’umutuku, akaba yaratangaje ko agomba kubera umu-model wa brand ye ya Ivy Park.

Mu myenda myinshi itandukanye yagiye Amerika harimo imyenda y’ibiciro bitangaje Aho harimo n’igura amadorari 300$ uyashyize mu Kinyarwanda akaba angana n’ibihumbi birenga 300.

Beyonce Knowles akaba yaratangiye gukora imyenda mu mwaka wa 2016 ubwo yari ashinze brand ikomeye ya Ivy Heart akaba yarayitiriye umwana we witwa Ivy.

Beyonce akaba ari umuhanzi w’icyamamare akaba yararimbye indirimbo nyinshi ndetse akaba akaba yaranakoze n’izijya muri Filime aho yakoze nkuyagiye muri King Richard akaba yarayise Be alive.

Akaba Kandi yarakoze amateka y’umugore wa mbere wegukanye ibihembe bya Grammy awards nyinshi 28, gusa akaba ataritsindiye Oscar nk’umukinnyi ahubwo uwo bakinanye Jennifer Hudson niwe wayitsindiye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo wakora bikagufasha kuramba cyane ku isi

Gapapu Day: Inkuru y’ibyabaye tariki ya 11 Gashyantare ubwo Kaberuka yatwaraga Marita, umukunzi w’inshuti ye magara