in

Ibyo bavuga ngo nta muhanuzi wemerwa iwabo kuri Dogiteri Nsabi siko bimeze: Mu mashusho akomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga irebere ukuntu nsabi yari ashagawe nk’umwami baririmba izina rye ubwo yari ageze mu mujyi wa Musanze rwa gati (Videwo)

Ibyo bavuga ngo nta muhanuzi wemerwa iwabo kuri Dogiteri Nsabi siko bimeze: Mu mashusho akomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga irebere ukuntu nsabi yari ashagawe nk’umwami baririmba izina rye ubwo yari ageze mu mujyi wa Musanze rwa gati (Videwo)

Nsabimana Eric umaze kumenyekana no kubaka izina nka Dogiteri Nsabi yongeye gushimangira igikundiro afite aho avuka i Musanze ubwo yajyaga gukorera yo ikiganiro na Irene.

Muri aya mashusho Nsabi agaragara yahuje urugwiro n’abantu bimusanze bakomeje kumugaragariza urukundo kugeza n’aho bamwuzuye ho akabura aho aca.

Kuri ubu Nsabi ari mu banyarwenya bakunzwe cyane mu gihugu gusa iyo bigeze iwabo i Musanze biba akarusho.

Reba video hasi..

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Byari amarira n’agahinda ku nshuti n’abavandimwe ubwo basezeraga kuri Young CK uherutse gupfira muri Canada

The Ben yatangaje igihe azatangira inkwano mu muryango wa Uwicyeza Pamella naho bizabera, ubukwe bwo buzabera muri Convention center