in

‘Ibyo bataguhaye uri umwana ugiye ku byiha?’ Umunyarwenya umaze kwigarurira imitima ya benshi mu Rwanda yongeye kubatembagaza nyuma yo kugaragara ari kunywera amata muri ‘Biberon’ y’umwana–VIDEWO

‘Ibyo bataguhaye uri umwana ugiye ku byiha?’ Umunyarwenya umaze kwigarurira imitima ya benshi mu Rwanda yongeye kubatembagaza nyuma yo kugaragara ari kunywera amata muri ‘Biberon’ y’umwana–VIDEWO

Rusine Patrick udasiba gusetsa abamukurikirana yongeye kubibutsa ko ari Umunyarwenya nyuma yo kugaragara ari kunywa amata ariko akayanywera muri Biberon.

Muri aya mashusho Rusine yari imbere ya Kamera ari we uri kuyikoresha.

Reba video hasi..

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Gasabo; Umugabo akurikiranyweho kwica urupfu rw’agashinyaguro umugore we

Bamwe bamuciriye urubanza: Mu gihe hibazwa ahantu umuhanzi Amalon yagiye abantu bamwe batangaje ibintu bitari byiza uyu muhanzi yanyweye byatumye azima akibagirana mu muziki (Amagambo atari meza bamwe mu bantu bagiye bavuga kuri Amalon)