in

NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Ibyo Asinah ashaka ko abantu batamupostinze ku isabukuru ye bazakora nyuma y’urupfu rwe

Asinah Erra wamamaye hano mu Rwanda ubwo yari mu rukundo n’umuhanzi Riderman, yavuze amagambk akomeye abinyujije kuri instagram ye. Ni nyuma yuko Asinah yari amaze kubwira ubutumwa bw’ishimwe abantu bose bamwifurije isabukuru nziza ku munsi w’ejo.

Nyuma yuko Asinah ashimiye abamwifurije isabukuru nziza ku munsi w’ejo, yongeyeho amagambo abwira abataramwifurije isabukuru nziza ku munsi w’ejo ko adashaka ko bazamupostinga bamwifuriza iruhuko ridashira ubwo azaba yitabye Imana.

https://www.instagram.com/p/CUaSWuKsm4Y/?utm_medium=copy_link

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Anita Pendo yavuze uko yabwiye abana be nyuma yuko babonye ko Papa wabo yambitse impeta undi mukobwa

Wa musore ukunda Miss Naomie yavuze ikintu kimuhangayikishije kurusha ibindi