in

NdabikunzeNdabikunze

Ibyo Arthur Nkusi yavuze nyuma yo kubona Umunyamakuru wamusimbuye kuri KISS FM

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 03 Mutarama 2022 nibwo twabagejejeho inkuru yavugaga ko kuri ubu Arthur Nkusi umaze iminsi asezeye kuri KISS FM yamaze gusimbuzwa Gentil Gedeon Ntirenganya.

Sandrine Isheja Butera wari umaze iminsi atumvikana kuri KISS FM nawe yari yagarutse mu kazi kuri uyu munsi maze ashyira hanze post abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram avuga ko agiye gutangira gukorana na Gentil Gedeon mu kiganiro Breakfast. Ni post Sandrine yaherekesheje amagambo agira ati The NEW Kiss FM Breakfast Team✨ Ikaze @gentil_gedeon , umugabo w’umuhanga cyane! Nishimiye kubana nawe🙏🏿.

 

View this post on Instagram

 

A post shared by Sandrine Isheja (@sandrineisheja)

Arthur Nkusi yagize amagambo nawe avuga kuri iyi post. Arthur yagize ati I can’t wait to listen to you guys every morning. Brilliant team @sandrineisheja @gentil_gedeon”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Yagiye yarariye akantu…”- Ibitekerezo by’abafana ba Miss Keza Joannah nyuma y’ifoto yashyize hanze

Umusore yasaze arasizora ageze ahabereye ubukwe bw’umukobwa yarihiye amashuri aziko azamurongora.