in

Ibyishimo byaramuhitanye akimara kumenya ko yatsindiye Miliyoni 7 z’amayero.

Andrew Gillon yitabye Imana nyuma y’uko yari amaze kumenya amakuru meza yamubwiraga ko amaze gutsindira akayabo ka Miliyoni 7 z’amayero mu manyarwanda akaba ari Miliyari zirenga 7.

Uyu musaza w’umunyamahirwe yapfuye bamubaze kubera ibyishimo byinshi byamurenze kubera amakuru yari amaze kwakira.

Uyu mugabo w’imyaka 59 yitabye Imana asiga umwana we w’umukobwa  ubungubu akaba ariwe warangiye kungukira muri Aya mahirwe y’umubyeyi we .

Umukobwa we yabwiye itangazamakuru ko yumvise bamuhamagaye ko yari yatsindiye amafaranga, y’umva biramurenze ndetse avuga ko inzozi ya papa we kwari ukujyana umuryango we mu kiruhuko.

Yakomeje agira ati:” mu by’ukuri mbabajwe no kuba atari hano ngo twishimane kuri Aya mahirwe yagize kandi yahoraga yifuza mu buzima bwe .

Uyu musaza Andrew akaba yarayatsindiye muri betting ya Postcode Lottery jackpot iherereye mu gihugu cya Scotland.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
0

Abasekirite babiri bakoze ibidasanzwe imbere y’abakiriya muri resitora(video)

Abagore bafite ikibuno kinini byagaragaye ko hari ibyo barusha abananutse