in

Ibyayo ibikora bucece: Ikipe ya APR FC yamaze kwibikaho umukinnyi ukomoka ku mugabane uzwiho kugira impano zidasanzwe ku Isi (Amafoto)

Ikipe ya Nyamukandagira mu kibuga kikarasa imitutu imaze iminsi isinyisha abakinnyi bakomoka mu muhanga ubu hakaba hari hatahiwe rutahizamu ukomoka ku mugabane uzwiho kugira impano zidasanzwe muri ruhago.

APR FC biravugwa ko yamaze kumvikana na rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Colombia ahazwi ku izina rya Bogota muri iki gihugu uyu musore ngo n’umwe mu bakinnyi bihuta cyane ngo dore ko abarinda izamu bahura agaruka akaba yitwa Edwin Ronaldo Ariza Cabezas.

Amafoto:

 

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Byamushimishije cyane! Hakim Sahabo w’ikipe y’igihugu Amavubi wakiniraga Lille yo mu Bufaransa, yamaze gusinyira indi kipe ikomeye ku Isi

Afite umukobwa mwiza pe! Ifoto y’umwana w’ukobwa wa Axel Rugangura ikomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga – IFOTO