in

Ibyayo bikomeje kuba uburyohe: Ikipe ya Rayon Sports nyuma y’uko bimenyekanye ko izakinira imikino yose ifitanye na Al Hilal Bengazi mu Rwanda hamenyekanye andi makuru meza agiye gutuma iyi kipe isubira mu matsinda

Ibyayo bikomeje kuba uburyohe: Ikipe ya Rayon Sports nyuma y’uko bimenyekanye ko izakinira imikino yose ifitanye na Al Hilal Bengazi mu Rwanda hamenyekanye andi makuru meza agiye gutuma iyi kipe isubira mu matsinda.

Ubuyobozi bwa Rayon Sports na Al Hilal Bengazi bwaganiriye maze bwemeza ko umukino bari bafitanye wasubikwa kubera ikibazo cy’imitingito iteye ubwoba yivuganye abarenga 5000 mu gace izi kipe zombi zari gukiniramo ibi byatumye amakipe yombi afata icyemezo cyo kuzakinira imikino yose mu Rwanda akaba ari bintu byishimiwe cyane n’abakunzi b’ikipe ya Rayon Sports.

Iyi nkuru nziza cyane ku ikipe ya Rayon Sports n’abakunzi bayo kubera ko izakinira imikino yayo yose imbere y’abafana bayo bikaba bishobora gutuma yitwara neza ikaba yatsinda iyi mikino ibiri bikayihesha amahirwe yo kwerekeza mu matsinda ya CAF Confederation Cup.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo akunda akinyuma, umugore agakunda ikinyafu! Junior Giti n’umugore we Angel batitije imbuga nkoranyambaga kubera amagamba batangaje – VIDEWO

Uyu we yabikora kandi ubona ko ntacyo yikanga! Umwe mu bahanzikazi yashyizwe mu majwi y’abanyarwanda bashobora gukora nk’ibyo umukobwa yakoreye ku myanya yibanga ya Harmonize -AMAFOTO