in

Ibyari byarahishwe biramenyekanye: Umuhanzi King James yatangaje igihe azerekanira umugeni utegerejwe na benshi

Umuhanzi ukunzwe cyane hano mu Rwanda King James uzwiho kuba ari umwe mu bahanzi batunze agatubutse yatangaje igihe azerekera abakunzi be umugeni bategerezanyije amashyushyu menshi.

King James umuhanzi akaba n’umushoramari uzwiho gukora ibintu bye bucece ndetse ukunzwe n’imbaga y’abantu kubera ubuhanga akorana ibihangano bye biba byuzuyemo imitoma idasanzwe ifasha benshi kwegukana imitima y’abakunzi babo yasubije abibaza igihe agambo gushakira umugore.

Mu kiganiro amahumbezi yagiriye kuri radio Rwanda yabajijwe n’abantu benshi bari bakurikiye icyo kiganiro igihe azashakira umugore maze na we abasubiza muri ubu buryo ” Ntabwo ndamenya neza igihe cyakorera ubukwe gusa igihe ni kigera nzababwira kuko gahunda yo irahari”.

Aya niyo magambo umuhanzi King James yasubije abantu bose bibazaga ku gihe azakorera ubukwe bwitezwe na benshi.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Arayaguha se ni so! Umukobwa wacyuriraga abasore batajya baha abakobwa amafaranga ahuye n’abasore bafite umujinya wabo maze barawumutura(Videwo)

Muri Congo naho imyuzure yahitanye abatari bake – AMAFOTO