in

Ibyamamare muri Africa nka Tiwa Savege, Zari, Diamond Platinimz ndetse n’abandi benshi bategerejwe mu bukwe bwa The Ben na Pamela

Mu gihe The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamela bageze kure imyiteguro y’ubukwe bwabo buzaba 23 Ukuboza 2023, bwitezwe ko ubu bukwe buzagaragaramo ibyamamare byinshi bitandukanye.

Ibi birimo, Meddy, inshuti magara ya The Ben ndetse unaherutse gutangaza ko atabura muri ubu bukwe, Rema Namakula, Sheebah Karungi, Otile Brown, Diamond Platnumz.

Aba bose bakoranye indirimbo n’uyu muhanzi, hitezwe Kandi Tiwa Savage, na Zari the boss lady bombi basanzwe ari inshuti zuyu muhanzi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Francis wari umaze imyaka irenga 20 aba mu buvumo, yitabye Imana nyuma yo kurara bwa mbere mu nzu

Kicukiro: Jean Damour Hakorimana yagiye mu irimbi acukura imva nyuma yaho ahura n’akaga gakomeye