in

Ibyago bigwira abagabo koko: Umusore wakunzwe na Nyirabukwe akaba ari kumusaba ko babana yabuze ayo acira n’ayo amira

78715504

Ibyago bigwira abagabo koko: Umusore wakunzwe na Nyirabukwe akaba ari kumusaba ko babana yabuze ayo acira n’ayo amira

Bikunze kumvikana kenshi ko hari abasore bakundwa na ba nyirabukwe bikarangirira aho, gusa kuri iyi nshuro hari umusore wagishije inama avuga ko yakunzwe na nyirabukwe kandi we yikundira umukobwa we byo gupfa kandi yumva ko atamuhemukira.

Umusore wagishije inama yagize atiti:”Muraho neza ndashaka ko mungira inama ndakomerewe cyane, Ndi umusore w’imyaka 30 niga PHD muri America mfite umukobwa dukundana tumaranye imyaka 3,mugihe gishize naje muri vacation (ibiruhuko) mu Rwanda mpageze ampuza numuryango we kuko bamwe ntago twari tuziranye hanyuma maman we ansaba nimero zanjye nkoresha ntari mu Rwanda kuko nizo zabaga kuri WhatsApp.

Bukeye aranyandikira ansaba ko tubonana mbere Yuko nsubira kwishuli ndabyemera kuko numvaga ntakibazo nasanze yanyiteguye ahantu Kuri hotel hanyuma byarangiye ambwiye ko ankunda Kandi ashaka ko twabana ntababeshye nahavuye bitoroshye kuko yansabaga kuryamana nawe.

Ntababeshye ndaremerewe ubu yamaze no kubona visa Kandi nabajije umukunzi wanjye nsanga ntabyo azi.

Nkore iki Koko bavandimwe mungire inama kuko umukunzi wanjye ndamukunda cyane sinshaka kumuhemukira.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Burya imyaka n’imibare koko: Nyuma yo kumenya akayabo k’imyaka Kate Bashabe yibitseho abantu bikanze bamugira inama yo guhita ashaka vuba na bwangu 

Nawe birakuzonga: Ddumba yabajije Rumaga igihe yavukiye maze amusubije aburicyo akuramo (Ibyo yamusubije)