in

Ibitego amaze gutsinda bikubye 2 imikino amaze gukina! Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, Gitego Arthur nyuma y’igihe gito abonye ikipe hanze y’igihugu izamu ryaramuhiriye

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, Gitego Arthur nyuma y’igihe gito abonye ikipe hanze y’igihugu izamu ryaramuhiriye kuko buri mukino avamo atsinze igitego.

Uyu musore, Arthur GITEGO arikwitwara neza muri Kenya kuko muri shampiyona y’icyiciro cya mbere y’umupira w’amaguru muri Kenya amaze gukinira ikipe ye ya AFC Leopards imikino 2 atsinda ibitego 4.

Bivuze ko afite impuzandengo y’ibitego 2 kuri buri mukino. Umukino wa mbere yakiniye AFC Leopards, yayitsindiye ibitego 3 wenyine, undi wakirikiyeho atsinda 1.

Yagiye muri AFC Leopards avuye muri Marine FC.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports na Musanze FC rurageretse naho APR FC yo yazeretse igihandure! Uko urutonde rwa Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda ruhagaze nyuma y’umunsi wa 23

Bushali wirukanywe muri korali yo muri ADEPR ntabyicuza