in ,

Ibintu byaraye bibaye kuri Neymar n’ikipe ya Brazil ni agahomamunwa (amafoto)

Rutahizamu w’ikipe ya Brazil, Neymar Jr yaraye anenze bikomeye ibintu byaraye bibabayeho we na bagenzi bakinana mu ikipe y’igihugu ya Brazil aho ubwo bakinaga n’ikipe ya Bolvie byabaye ngombwa ko bifashisha ibikoresho by’abantu benda gupfa ngo babashe guhumeka neza.

Umukino wahuzaga Brazil na Bolvie warangiye ari ubusa ku busa, gusa ibyabaye kuri ba Neymar nyuma yawo byatangaje abantu batari bake nkuko byagiye bigaragara kuri comments abantu bagiye bashyira ku mafoto y’aba basore bari guhumekera mu ma masques à oxygène.

Neymar ubwe akaba yivugiye ko ahontu bakiniye atari ahantu hakwiye gukinirwa umupira w’amaguru kuko uretse kuba nta mwuka uhagije uhari wo guhumeka n’ikibuga cyaho ngo ari kibi cyane.

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Lionel Messi yahawe amahirwe atagaruka mu buzima ngo mu minsi 5 yerekane koko ko ari umukinnyi w’ibihe byose

Kera kabaye The Ben yasabwe urukundo n’umwe mu bafana be