in

Ibintu bihise bihindura isura: Ndimbati atangaje amagambo atumye abantu bumva neza agahinda ke batangira kumurwanaho

Ibintu bihise bihindura isura: Ndimbati atangaje amagambo atumye abantu bumva neza agahinda ke batangira kumurwanaho.

Umukinnyi wa filime nyarwanda ukunzwe cyane Uwihoreye Jean Bosco wamamaye ku izina rya Ndimbati hamenyekanye inkuru itari nziza y’uko uyu mugabo agiye kwitaba RIB kubera kutuzuza inshingano ze nk’umugabo zo gutanga indezo ku mugore babyaranye wigeze no gutuma afungirwa muri gereza ya Mageragere.

Ndimbati yifashishije urubuga nkoranyambaga rwe rwa Instagram yatangaje amagambo akubiyemo amagambo akakaye agira ati :”Mujye muvuga ibyo muzi ntimukumve ngo mwandike. Abo ni bande simuri Expo y’ejo bundi ntakunyurwa guhari nimwivugire mucuruze ariko nimugira icyo mubona mujye mumpa dore muba mwacuruje”.

Amwe mu magambo abantu bahise batangira kwandika ubwo Ndimbati yatangazaga aya magambo:

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Reka ukorera itangazamakuru rya mbere mu gihugu urabikwiye! Gloria Mukamabano ukorera Televiziyo Rwanda yifashishije inseko ye ihiga izindi yasangije abakunzi be amafoto yatumye abantu bamukunda kurushaho -AMAFOTO

Birashoboka se? Dore ibiteye ubwoba bishobora gutuma ikipe ikunzwe mu Bwongereza ishobora kuzisanga mu kiciro cya kabiri umwaka utaha w’imikino.