in

Ibintu agiye kubishyira ku rundi rwego: The Ben nyuma yo gupfusha umubyeyi we yateguje igitaramo kidasanzwe

Ibintu agiye kubishyira ku rundi rwego: The Ben nyuma yo gupfusha umubyeyi we yateguje igitaramo kidasanzwe.

Umuhanzi Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben nyuma y’uko ahuye n’ibyago agapfusha papa we yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yaciriye amarenga abakunzi be batuye mu gihugu cy’u Burundi ko ashobora kuba agiye kujya gutaramira muri iki gihugu ku nshuro ye ya mbere.

The Ben abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yanditse ijambo “Burundi” maze arangije arenzaho ikayi n’ikaramu bigaragaze ko ahishiye byinshi abakunzi be bari mu gihugu cy’u Burundi.

Iki gitaramo cyari kimaze iminsi kivugwa gusa bivugwa ko cyari giteganyijwe mu kwezi gushize ariko kiza kwigizwa inyuma bitewe n’urupfu rw’umubyeyi w’uyu muhanzi.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bakomeje kuvomera mu cyiva! Myugaririro w’ikipe y’igihugu Amavubi n’ikipe ye yo hanze y’u Rwanda bakomeje kwerekana urwego ruri hasi nyuma yo gutsindwa ibitego n’ikipe nto yo mu Rwanda itagitsindwa

Na we se baravuga ko ashaka visa? Umuramyi ugezweho mu Rwanda agiye kurongora umukobwa wibera muri Leta Zunze Ubumwe z’America nyuma y’igihe bahanye isezerano ritapfa kwisukirwa n’uwari we wese (AMAFOTO)