inyigisho
Ibintu 10 biranga umusore ukubeshya ko agukunda nyamara ashaka ko muryamana gusa

Abasore bamwe na bamwe bigaragaza nk’abafite urukundo kandi bashaka imibonano mpuzabitsina kuri wowe. Ni gute wamenya umusore ugukunda by’ukuri ukamutandukanya n’ukubeshya ko agukunda ariko agamije ko muryamana gusa?.
1. Ntakubwira imishinga ye y’ahazaza
Umusore ugufiteho gahunda yo kugushyira mu rugo akuganiriza ku bintu
birenze umunsi muriho ahubwo ashyira imbere ko musohokana
nijoro mukarya mukanywa bikarangiriza aho.
2. Aguhamagara nijoro gusa
Niba umuhungu mukundana aguhamagara nijoro atajya aguhamagara ku
manywa icyo agushakaho ni uko muzajya muryamana ntabwo ari uko
muzashinga urugo.
3. Iyo akwandikiye ariko akabikora ninjoro, aba yishimiye cyangwa
ashishikajwe no kuryamana nawe, mu by’ukuri ntabwo aba agambiriye ko
mwazashyingiranwa usibye gukorana imibonano mpuzabitsina gusa.
4. Uko akwita bishobora kukugaragariza niba agukunda by’ukuri cyangwa
ashaka ko mwiryamanira. Akenshi azakwita amazina wumva nta cyizere atanga
ku mubano wanyu w’ahazaza mwembi usibye ya mazina ashirana n’agahararo.
5. Iyo agusabye ko umwoherereza amafoto yawe agaragaza ubwambure
bwawe ukoresheje telefone, aba yishimira kukwamamaza gusa nta rukundo
aba agufitiye ruzatuma mushyingiranwa usibye kuryamana.
6. Ikintu kibaho iyo muri kumwe cyerekana ko agukunda by’ukuri cyangwa
ko mukundana byo kuryamana, iyo ashaka ko mugirana ikiganiro kiza, icyo
gihe muba mukundana bifite intego yo kurushinga. Ariko iyo ibyo akora
byose biganisha kuba yagukorakora ku mabuno, kukwitegereza cyane cyangwa kukwiyegereza cyane muhagaze, ntakabuza ibyo aba akeneye biba ari
ukuryamana gusa.
7. Iyo yohereje ubutumwa, ibyo ategura byose bikaba ari ukukubona
kandi akavuga n’ibintu bidasobanutse, ibyo byose aba ashaka kuba ari
ukwiryamanira gusa.
8. Iyo ahora aguhamagara cyangwa akakwandikira bikaba ikiganiro
kirekire kidafite icyo kigamije, burya aba agukunda bya nyabyo nta
gushidikanya. Aha bisobanurwa n’uko akenshi iyo ashaka ko muryamana
akuganiriza avuga ngo ndagukumbuye mukunzi ndetse n’ibindi byinshi.
9. Mu gihe muri gukorana ikiganiro, iyo ibyo ari kuvuga byose biba
byerekeranye n’ibice bigize umubiri wawe si uko abashaka ngo
akumenye neza, icyo aba ashaka nta kindi usibye kuryamana nawe.
10. Iyo ashaka kumenya byinshi kuri wowe mu biganiro byose
mugirana, icyo gihe aba agukunda bitagira amakemwa kandi bishobora
kurangira mushyingiranywe.
Src:www.herway.com
-
Imyidagaduro13 hours ago
Fiancée wa Meddy yerekanye ikintu gikomeye atandukaniyeho n’abakobwa benshi b’iki gihe
-
Imyidagaduro23 hours ago
Umukobwa uteye nk’igisabo wabaye umunamba wa Mico The Best yavuze akayabo k’amafaranga Mico yamuhembye
-
Imyidagaduro8 hours ago
The Ben ararye ari menge bitihise Pamella baramumutwara
-
imikino15 hours ago
Yannick Mukunzi yagereranyijwe n’ibihangange Cristiano Ronaldo, Messi ndetse na Neymar
-
Inkuru rusange16 hours ago
Inkweto umwuzukuru wa Joe Biden yambaye sekuru arahira zikomeje guca ibintu hirya no hino ku Isi.
-
imikino16 hours ago
Ikipe ya Rayon Sports yisanze ku rutonde w’amakipe 50 meza cyane muri Afurika.
-
Imyidagaduro22 hours ago
Cyore: Clarisse Karasira ntacyambara impeta yambitswe na fiancé we
-
Ubuzima9 hours ago
Wari uziko abantu bashobora kumatana barimo gutera akabariro?Menya icyo abahanga babivugaho.