in

Ibindi bintu umugabo agomba gukora arangije gutera akabariro

Ibindi bintu umugabo agomba gukora arangije imibonano mpuzabitsina

Umugabo hari byinshi agomba gukora igihe arangije imibonano mpuza bitsina kugirango yirinde zimwe mu ndwara.

1.niba urangije imibonano ugomba kunyara: ugomba kunyara kugirango usohore tumwe mu twanda tuba twinjiye mu gitsina.

2. Koga umubiri wose, ugomba koga umubiri wose kugirango wikureho icyuya wazanye ubwo wateraga akabariro, ndetse ukanakaraba neza mu myanya banga kugirango wikureho imwe mu myanda umugore yagusizeho.

3. Ugomba kunywa amazi menshi ndetse akarya n’ibinyamasukari.

4.Ku munsi ukurikiyeho ugomba gukora siporo zihagije, kugirango usohore bimwe mubyo umugore aba yagusangije muri gukora imibonano mpuzabitsina.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Igipimo gishyashya gipima abatwite kikerekana ifoto ya se w’umwana gikomeje gutangaza benshi 

Ibintu 9 bizakubwira ko ukeneye gutandukana n’uwo musore mukundana