in

Ibikubiye mu masezerano ya Adil na Simba Fc

Ikinyamakuru Global Publishers, cyabyutse cyandika ko Adil yemerewe umushahara uruta uwo yahembwaga muri APR FC, aho bivugwa ko iyi kipe y’ingabo z’igihugu yamuhembaga ibihumbi 20 by’amayero ariko Simba SC ikaba yiteguye kuyarenza.

Adil Erradi uri ku mpera z’amasezerano ye muri APR FC, bivugwa ko we na APR FC bahisemo gutandukana nyuma y’uyu mwaka w’imikino.

Mu myaka 3 amaze muri APR FC, yayiheshejemo ibikombe 2 byikurikiranya bya shampiyona kandi adatsinzwe, ndetse n’igikombe cya 3 arimo kugikozaho imitwe y’intoki, yanayifashije kumara imikino 50 idatsinzwe muri shampiyona.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kubera kwanga ko baryamana, yamukoreye ibiteye isoni ku irimbi

Ngiyi impamvu buri wese ategetswe kurara yambaye ubusa.