in

Ibihugu 10 biza ku isonga muri Afurika mu kugira abakobwa b’uburanga.

Afurika ni umugabane wakabiri utuwe cyane mu migabane irindwi igize isi,ukaba umugabane wiganjemo abirabura cyane.

Dore urutonde rwibihugu icumi bifite abakobwa b’uburanga muri Africa:

10. SOUTH SUDAN

Sudan ni igihugu kiza kumwanya wa cumi mubihugu bifite abakobwa beza muri afurika, barangwa no kugira ubucuti kandi banavuga icyongereza.

9. RWANDA

U Rwanda rugizwe n’imisozi igihumbi, aho ibiciro byo kubaho bihendutse(low cost of living). Ruza kumwanya wa cyenda rufite abakobwa beza barangwa numuco nyarwanda, bavuga ikinyarwanda, ndetse bakoresha n’icyongereza.

8.MORROCO

Maroke iza kumwanya wa gatatu, iki gihugu baka bavuga ururimi rw’icyarabu(arabic).

7.KENYA

Kenya iza kumwanya wa karindwi bakaba bavuga icyongereza cyane, ndetse iza mubihugu byateye imbere mwikoranabuhanga ku isi.

6.EGYPT

Misiri (Egypt) iza kumwanya wa gatandatu. Ikigihugu kiba kizwi cyane muri aflica kuko kirangwa n,inyubako zo mubwoko bwa piramide.

5.ERITREA

Eritrea iza kumwanya wa gatanu, iki gihugugihererye muruhande rw’iburyo rwa Ethiopia, bavuga ururimi rwa Tigrinya.

4.GHANA

Ghana iza kumwanya wa kane iki gihugu bavuga icyongereza cyane ,kandi barangwa no kwakira neza ba mukerarugendo.

3.ETHIOPIA

Ethiopia ifite abakobwa beza barangwa no kugira amaso meza manini, kandi bafite n’uruhu rucyeye iki gihugu kiza kumwanya wa gatatu.

2.DJIBOUTI

Iki gihugu gifite abaturage bake kiza kumwanya wa kabiri bakaba bavuga ururimi rwigifaransa cyane, niba wifuza kubona umukobwa mwiza ni wige igifaransa.

1.SOMALIA

Somaliya niyo iza kumwanya wambere, iki gihugu gifite abakobwa beza bakunda gusohokera ku Nyanja ya OCEAN.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Diamond yashimagije Rayvanny abereye Shebuja.

Bijoux wo muri Bamenya agiye kurongorwa n’umuhanzi