in

Ibiciro hasi! Indaya zagabanyije ibiciro ku kigero cya 15% ku munsi wa Saint valentin

Mugihe hasigaye amasaha make ngo umunsi w’abakundana ugere, indaya zo mu gace kitwa Koforidua zatangaje promosiyo kubakiriya babo. bakaba bagabanyije ibiciro ho 15% ku munsi wa Saint valentin.

Adwoa Honey uvuga ko ari umunyamabanga wungirije w’indaya zo muri Koforidua yagize ati “Aho ugiye hose bavuga ko igitsina cy’abakobwa ba koforidua kiryoshye kuruta ubuki. Ariko abagabo ntibashobora kwigurira serivisi zacu kubera ibibazo byubukungu”

Adwoa Honey yongeyeho ati: “igistina cyacu kigomba gukora. Dukeneye amafaranga yo kwishyura fagitire, gukodesha, no kwishyura icya cumi. ku munsi w’abakundana rero twahisemo kugabanya amafaranga duca abakiriya ho 15%”

Adwoa Honey yinginze abagabo gukoresha aya mhirwe no kwitabiri serivisi zabo muri uku kwezi kwa Gashyantare.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mbere yuko Saint Valentin igera, Yolo The Queen yagaragaye mu myambaro itangaje (Amafoto)

#MissRwanda2022 : Hakomeje gushya! Sabine arayoboye mu gukundwa ku mbuga nkoranyambaga | Andi mafoto ye twayabakusanyirije