imikino
Ibibazo bya Real Madrid bihangayikishije Fc Barcelona.soma impamvu

Hashize igihe gito FIFA ifashe umwanzuro wo guhagarika Real Madrid na Atletico Madrid kugura abakinnyi kugeza mu mwaka wa 2018 bitewe n’amabwiriza aya makipe yombi yarenzeho agenga igura n’igurishwa ry’abakinnyi.
Gusa nyuma y’iki cyemezo ikintu cyatangaje abantu n’amagambo umutoza wa Fc Barcelona Luis Enrique yatangaje ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru Mundo deportivo.
Yagize ati:”Mbabajwe n’ibihano byafatiwe Real Madrid na Atletico Madrid kuberako natwe biriya twabinyuzemo,bidindiza akazi k’umutoza mu gihe yaba ashaka kwagura ikipe ye cyangwa kongeramo izindi ngufu,ndetse no kubyerekeye ubukungu, ubukungu bw’ikipe burahazaharira“.
Ibi bikaba byatangaje abantu benshi bitewe nuko aya makipe yose ari amakeba ku rwego rwo hejuru ariko ikipe ya Barcelona ikaba ibabajwe n’ibibazo by’abakeba.
-
Imyidagaduro24 hours ago
Abanyamakuru ba Radio/TV10 bakije umuriro kuri KNC nyuma yo gushinja umwe muri bo kutarongora kandi akuze.
-
imikino21 hours ago
Amavubi yari yishyize mu mazi abira kubera umunyamakuru wa RBA
-
imikino11 hours ago
Mutsinzi Ange Jimmy yabaye igitaramo ku mbuga nkoranyambaga
-
Imyidagaduro8 hours ago
URUKUNDO RURASHONGA:Bijoux wo muri Bamenya uherutse kwambikwa impeta yamaze guhindura Fiancé (VIDEO)
-
inyigisho6 hours ago
Nujya gusezera uwo ukunda ujye umuha ukuboko kw’ibumoso| dore impamvu
-
imikino23 hours ago
Isi yose ikomeye amashyi ikipe y’U Rwanda Amavubi nyuma yo kunganya n’ikipe ya Maroc
-
Imyidagaduro23 hours ago
Miss Naomie yatanze igisubizo gisekeje abajijwe akazi k’ikitegererezo kuri we
-
inyigisho7 hours ago
Uretse amabuno y’abakobwa b’i Kigali, dore ibindi bintu bisigaye bituma abagabo baca inyuma abagore babo