in

“Ibi sibyo dukeneye” Bamwe mu bakoresha Twitter bacitse ururondogoro nyuma yo kubona amagambo FERWAFA yatangaje nyuma y’uko Amavubi atsinzwe na Mozambique

Nyuma y’umukino wo kuri iki cyumweru tariki 18 Kamena 2023, wabereye i Huye ukaza kurangira Amavubi yari imbere y’abafana bayo bari buzuye sitade atsindwa na Mozambique ibitego 2-0, byatumye abakunzi b’umupira bagaragaza akababaro batewe n’uku gutsindwa.

Nyuma y’uyu mukino FERWAFA ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo yagize ati “Ntabwo ari umusaruro twifuzaga, ariko icyo twishimiye ni ukuza kudushyigikira kwanyu. Imbabazi.”

Aya magambo yatumye abantu bacika ururondogoro:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Gutoroka urupfu byanze: Wa mukecuru wapfuye akongera akazuka yongeye arapfa

“Nashatse amateka ye aho yatoje ndayabura?” Umunyamakuru Kazungu Claver yamennnye umuceri hasi avuga ikibazo nyamukuru cy’Amavubi – Igitekerezo cye