in

“Ibi nibyo twagakwiye gukorera migati FC”! Abafana ba APR FC bahinduye intekerezo bakibona ibyo umutoza wabo akoze ubu bari kumusingiza -AMAFOTO

Kuri uyu wa 8 Ukuboza shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda uzwi nka “Rwanda National League” yari yakomeje ku munsi wa 14.

Mu mukino wari utegerejwe na benshi wari umukino ikipe ya APR FC yari yakiriye ikipe ya Gorilla Fc.

Ikipe ya APR FC itarimeranye neza n’abafana bayo baje kwiyunga nyuma yo gutsinda ibitego bine kuri kimwe cya Gorilla Fc.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Guhera ubu The Ben ntazongera kurya ibiryo bya saa sita “Lunch”

“Nyamara amafaranga hari n’igihe agabanya imyaka mw’abantu mwe”: Umuhungu Seburikoko akomeje kuvugisha benshi bitewe n’uburyo yagaragaye ameze -IFOTO